KARAME Lyrics by ISRAEL MBONYI

Anyemeza ko ndi umunyabyaha
Ngo Ninze , negere aho ari
Ku gicaniro , ngo mbabarirwe
Ndirimbe Indirimbo z'urukundo
Anyemeza ko ndi umunyabyaha
Ngo Ninze , negere aho ari
Ku gicaniro , ngo mbabarirwe
Ndirimbe Indirimbo z'urukundo

Anyemeza ko ndi umunyabyaha
Ngo Ninze , negere aho ari
Ku gicaniro , ngo mbabarirwe
Ndirimbe Indirimbo z'urukundo
Anyemeza ko ndi umunyabyaha
Ngo Ninze , negere aho ari
Ku gicaniro , ngo mbabarirwe
Ndirimbe Indirimbo z'urukundo

Yewe mutima wanjye
Reka njye nkwibarize
Ese nawe uramukunda
Wabasha kubihamya
Ngaho ririmba
Utere hejuru
Kandi Uririmbe Izamazamuka

Yewe mutima wanjye ( Karame)
Reka njye nkwibarize (Yego)
Ese nawe uramukunda (Cane)
Wabasha kubihamya (Yego)
Ngaho ririmba
Utere hejuru
Kandi Uririmbe Izamazamuka

Yewe mutima wanjye ( Karame)
Reka njye nkwibarize (Yego)
Ese nawe uramukunda (Cane)
Wabasha kubihamya (Yego)
Ngaho ririmba
Utere hejuru
Kandi Uririmbe Izamazamuka


Yewe maso yanjye (Karame)
Mbwira ibyo wiboneye ( Yego )
Ese yigeze aguhana (Reka da)
Wabasha kubihamya ( Yego )

Nukuri naboonye Ineza itangaje
Nzahora ndirimba Izamazamuka

Yewe matwi yanjye ( Karame)
Mbwira ibyo wumvishe ( Yego)
Ese wakiriye Ihumure ( Cane)
Wabasha kubihamya (Yego)

Icyo yavuza Aragisohoza
Nzahora ndirimba Izamazamuka